Friday, June 12, 2009

comment of Gaby

Nnje najejwe nokubona ibibikorwa nka bambanje mbashimira chane kububuryo mwatekereje neza muga kora iki gikorwa.Nje nkaba nkunda ibintu byu muco cyane nkaba moneyo hao nakanya kokubagezaho ibijanya n'Umuco wa Kinyamurenge kuko nibimwe mubintu bituba ntekereza chane kubwoko bwacu.Cyane nda mbirebera mubintu bigera kuri 4.
1.uburyo Umwana w'Umuco wacu udaha agacyiro umwana w'Umukobwa ati gute iyo urebye neza kubabyeyi bamwe nabamwe batabyaye abana babahungu usanga basa nkaho batabyaye.cyane cyane iyo urebye mubintu bijanye nokwiga.aho usanga Umana w'Umukobwa atabasha gukomeza kwiaga bikwiye nkundi mwana baba baroe Iberi rimwe w'Umuhungu.ugasanga aho harimo akarengane.iknidi nigihe usanga umwana wumukobwa atagira ijambo murugo iwabo aho,usanga nkuwo muryango twavuze haruguru usanga utegekerwa nabana babahungu bo kwase wabo ugasanga uwo mwana mw'Umukobwa ntagacyiro gasesuye abona.
2.harigihe usanga Uwo mwana w'Umukobwa mugihe ababyeyi bae bashaje usanga none nta mugaba abona kimwe nabana babhungu kandi we atarigeze anabona n'Umunani we.Mumba babarire kuvuga gutya nje mbona umwana w'umukobwa afatwa nki gichuruzwa yuko maramushingira aruko batanze Inka akaba aragiye kandi atarigeze asomeshwa nibura kumitungo wase ngo nigihe aababyeyibe abashaje ugasanga ntakintu abonye iyo bamuguriye Ihuzu biba birangiye.Ibyo byose nibindi tutabshije kugara gaza hano nibyo byatutereye guha guruka kugira ngo tugarurire uburenganzira Umana w'Umukobwa.Umwana ninkundi ntamwana wakagobye kuruta undi.ngo cangwe Umbyeyi utarabyaye umwana w'Umuhungu ngo yunve ko atabayaye.Babyeyi namwe shuti ya Miryango nimuhaguruke turwanye ako karengane gakorerwa bana babakobwa.
3.iyo urebye iriya iwachu usanga Abo bana babakobwa aribo bakora imirimo ivuanye kandi ataruko aribo bafite Imbaraga kurusha abo bahungu.nibyishi abanyamurenge mwese murabizi ko abana babahungu bafatwa nk'Abami ariko nimureke kubaha iyontebe bonyine kukobavukana nabandi.nje aho mbona umuco utakagobye kuba ubogamira uruhande rumwe.nimureke umuco ubere bose kuko abo bana babakobwa baka gobye kugira uburenganzira bungana kimwe nabo basaza babo.Umuco nureke kuba ikintu gitandukanya abantu ahubwo kibe igiha abantu bose agacyiro kangana.umwana w'Umukobwa niyige,nabone ibikwiye umwana wese nagabanyirizwe imirimo yoye kuba umukozi nkumuntu ukorera ibihano.mugusoza umuntu wese natangi umuti wibibi bazo.tuzabagezaho ibindi.Inkunga yanyu irakenewe. writen by Gaby

No comments:

Post a Comment